School feeding: Undi muyobozi w’ikigo cy’amashuri afatiwe mu gikorwa cyo kwiba ibiribwa bigenewe abana, Virunga Today yiha gahunda yo guhangana n’imicungire mibi y’ibyo Leta igenera ibigo by’amashuri
Ku ishuri ribanza rya Mwanza riherereye mu murenge wa Mataba akarere ka Gakenke haravugwa ubujura bw’ibiryo bigenewe gitegurwamo amafunguro y’abana b’abanyeshuri.
Amakuru Virunga Today yakuye ahantu hanyuranye kandi yizewe aremeza ko kuri uyu wa gatatu taliki ya 15/10/2025 aribwo umuyobozi n’umubitsi b’iki kigo aribwo batawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rugenza ibyaha RIB nyuma yaho abaturage batanze amakuru y’ubu bujura ku nzego z’umutekano.
Umwe mu bahaye amakuru Virunga Today yagize ati:”