Burera-Kagogo: Haketswe ubwenge buke, ubugome se, bya Huissier wanshenye inyubako zari mu bizungurwa, none abazungura bari bazicumbitsemo bakaba batagira aho bikinga
Mu karere ka Burera haravugwa ibibazo by’umuryango w’abantu babiri basenyeweho inzu bari batuyemo, hagatikiriramo n’ibyo bari batunze byose none ubu


















