Burera-Gahunga: Amayobera ku buzima bwa ba babikira bahagarikiwe ubutumwa babayemo , bakaba bataragaragaye mu birori by’Umunsi mukuru wa Paruwase witabiriwe n’Umwepiskopi
Nyuma yaho Virunga Today itangarije amakuru y’iyihagarikwa ry’ubutumwa bwakorwaga ry’umuryango w’aba Oblati b’Umwamikazi w’Umutima Mutagatifu wa Yezu, wari ufite urugo


















