Mu rwego rwo kwitegura inama y’umushyikirano yateranye mu ntangiriro z’uku kwezi kwa kabiri 2026, Radiyo y’abaturage ya Musanze, mu kiganiro umuti ukwiye, yari yahisemo guha umwanya abagikurikira ngo bavuge ku bibazo byugarije ubuhinzi byazaganirwaho muri iriya nama.