TB-Muhoza (Musanze): Barakariye Leta ku kuba yarakubye incuro zirenga eshatu amafranga y’igarama nyamara ari ikiguzi cya services za Rwiyemezamirimo kiri hejuru.
Ingano y’amafranga yakwa nk’igarama abagana urukiko rw’ibanze rwa Muhoza, bo bemeza ko ari menshi, yatumye bibaza niba hari itegeko rishya
Read More