Paruwase Gahunga: Padiri Mukuru Audace arashinjwa kubuza epfo na ruguru abatuye mu rugo rw’ababikira kugeza naho abafungira inzira igana ku macumbi yabo, nabo bakazinukwa kwitabira igitambo cya Misa.
Inkuru y’ihagarikwa ry’ibikorwa by’umuryango w’aba Oblati b’umutima mutagatifu wa Yezu ikomeje Kubica bigacika mu itangazamakuru ryo mu Rwanda kandi Virunga


















