Politike

Umutekano w’ibiribwa n’ibinyobwa bikoreshwa mu birori: Birangiye Minisante ishyizeho amabwiriza agenga imitunganyirize y’ibiribwa n’ibinyobwa gakondo bikorewe mu miryango

Ni amabwiriza yakomeje gusangizwa ku mbuga nkoranyambaga kuva ku munsi w’ejo taliki ya 14/07/2026, bikaba bivugwa ko ari mu ngamba Ministre Nsaanzimana yakomeje guteguza abanyarwanda, ingamba zigamije gukumira ibiribwa n’ibinyobwa bihumanye bishobora gushyira mu kaga ubuzima bw’abaturage cyane cyane muri iki gihe cy’impeshyi bizwi ko kiba cyiganjemo ibirori byinshi binyuranye.

Aya mabwiriza uko yakabaye murayasanga hano hasi.




Amabwiriza ku itunganywa ry’ibiribwa n’ibinyobwa – 14 07 2026

Inkuru bifitanye isano:

Musanze: Ubuyobozi bw’akarere bwasabye abaturage kwirinda kunywa ibinyobwa byengwa mu buryo butemewe, hatekerezwa ku icibwa burundu ry’ibinyobwa bya gakondo birimo inzagwa, ikigage n’ubushera

Ubuzima: Hagaragaye inyandiko izajya ishyirwaho umukono n’uwateguye ibirori, akiyemeza kubahiriza amabwiriza y’umutekano w’ibiribwa n’ibinyobwa azakoresha

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *