Affaire ya Maseri wakoze impanuka ari mu modoka na padiri: Maseri yashubije ivara, yemererwa gukomeza akazi ku kigo nderabuzima cya Busogo, impamvu z’isezererwa rye zikomeza kugirwa ibanga.
Amwe mu makuru kuri wa mubikira wurukanywe nyuma y’igihe kitari gito agiriye impanuka mu modoka yari itwawe na padiri yatangiye


















