Musanze-Affaire umuhanda wafunzwe: Umuhanda uzimurwa, utunganywe neza, ushyirwemo na laterite: Inteko y’abaturage b’umugudu wa Muhe
Ni icyemezo cyafatiwe mu nteko y’abaturage b’umudugudu wa Muhe, inteko yari yateranye mu buryo budasanzwe ngo higwe ku kibazo cy’umuhanda

















